Rwanda | Kabarondo: Hakozwe ibarura ry’abaturage kugira ngo hamenyekane...
Tweet Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza bwakoze ibarura ry’abaturage muri uwo murenge kugira ngo hamenyekane abishyuye umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza bwa Mituelle de santé,...
View ArticleRwanda | Kayonza: Intore zigiye ku rugerero zizaharanira kwigisha ububi bwa...
Tweet Ibikorwa by’intore zirangije itorero ry’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2012, bizarangwa no gushyira imbaraga mu kwigisha ububi bwa SIDA. Ibyo ngo biri muri gahunda yo...
View ArticleRwanda : “Kutipimisha ngo umenye uko uhagaze ni ubujiji” – Umuturage w’i Rukara
Tweet Kutipimisha virusi itera SIDA ku bushake ngo umuntu amenye uko ahagaze ni ubujiji nk’uko bivugwa na Mukamuvunyi Jeanne wo mu kagari ka Rukara mu Murenge wa Rukara. Uyu mubyeyi uri mu kigero...
View ArticleKayonza: Abakora uburaya barasabwa kwirinda no kuboneza urubyaro kugira ngo...
Tweet Abakora uburaya mu karere ka Kayonza barasabwa kwitabira uburyo bwo kuboneza imbyaro kugira ngo bijye biborohera kwirinda inda zitateguwe. Babisabwe mu mahugurwa bahawe na Denyse Mukarukundo...
View ArticleKayonza: Bamwe mu bakora uburaya batinya gutwara inda kurusha uko batinya...
Tweet Bamwe mu bagore n’abakobwa bakora uburaya mu karere ka Kayonza batinya gutwara inda kurusha uko batinya kwandura indwara zandurira mu myanya ndangabitsina. Ibi twabitangarijwe n’umwe mu bakora...
View ArticleMutuelle de santé zishyizwe mu maboko y’uturere zishobora gutanga serivisi...
Tweet Umuyobozi w’akarere ka Kayonza asanga Mutuelle de santé ziramutse zishyizwe mu maboko y’ubuyobozi bw’uturere zishobora kurushaho gutanga serivisi inoze. Uwo muyobozi avuga ko serivisi...
View ArticleMutuelle de santé zishyizwe mu maboko y’uturere zishobora gutanga serivisi...
Tweet Umuyobozi w’akarere ka Kayonza asanga Mutuelle de santé ziramutse zishyizwe mu maboko y’ubuyobozi bw’uturere zishobora kurushaho gutanga serivisi inoze. Uwo muyobozi avuga ko serivisi...
View ArticleKayonza: Ikigo cy’urubyiruko cyateguye amasiganwa y’amagare mu rwego rwo...
TweetIkigo cy’urubyiruko cya Kayonza cyateguye gahunda y’amasiganwa ku magare mu rwego rwo kwegeranya urubyiruko, kugira ngo ruhabwe inyigisho ku buzima bw’imyororokere. Muri iyo gahunda ababyifuza...
View ArticleKayonza: Urubyiruko rusaga 1000 rumaze kwipimisha virusi itera Sida mu kigo...
Tweet Umuhuzabikorwa w’ikigo cy’urubyiruko cya Kayonza (Kayonza Youth Friendly Center), Mwiseneza Claude, avuga ko kuva icyo kigo gitangiye gahunda ya VCT yo kwipimisha ku bushake mu kwezi kwa...
View ArticleKayonza: Kuvugurura ikigo nderabuzima cya Mukarange ngo byatumye...
TweetUmuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Mukarange ikigo nderabuzima cya Mukarange nyuma yo kuvugururwa Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Mukarange mu karere ka Kayonza bavuga ko serivisi...
View ArticleKayonza: Ubufatanye bugaragara muri gahunda y’igikoni cy’umudugudu bwatumye...
TweetBamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kayonza bavuga ko gahunda y’igikoni cy’umudugudu yatumye indwara ziterwa n’imirire mibi zagaragaraga mu bana bo muri ako karere zigabanuka cyane, ibyo ngo bikaba...
View ArticleMurundi: Abaturage ngo bugarijwe n’icyorezo cya Marariya
Tweet Abaturage bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza ngo bugarijwe n’icyorezo cya Marariya nk’uko byemezwa na bamwe mu batuye mu kagari ka Karambi, kamwe mu tugize uwo murenge. Bamwe mu bo...
View ArticleKayonza: Abayobozi b’inzego z’ibanze biyemeje gukemura ibibazo by’isuku mu...
Tweet Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Kayonza ngo bagiye guhagurukira isuku ku buryo mu gihe cy’ibyumweru bibiri ibibazo byose birebana n’isuku muri ako karere bizaba byabonewe ibisubizo. Ni...
View ArticleKayonza: Abakora uburaya barasabwa kwirinda no kuboneza urubyaro kugira ngo...
Tweet Abakora uburaya mu karere ka Kayonza barasabwa kwitabira uburyo bwo kuboneza imbyaro kugira ngo bijye biborohera kwirinda inda zitateguwe. Babisabwe mu mahugurwa bahawe na Denyse Mukarukundo...
View ArticleKayonza: Bamwe mu bakora uburaya batinya gutwara inda kurusha uko batinya...
Tweet Bamwe mu bagore n’abakobwa bakora uburaya mu karere ka Kayonza batinya gutwara inda kurusha uko batinya kwandura indwara zandurira mu myanya ndangabitsina. Ibi twabitangarijwe n’umwe mu bakora...
View ArticleMutuelle de santé zishyizwe mu maboko y’uturere zishobora gutanga serivisi...
Tweet Umuyobozi w’akarere ka Kayonza asanga Mutuelle de santé ziramutse zishyizwe mu maboko y’ubuyobozi bw’uturere zishobora kurushaho gutanga serivisi inoze. Uwo muyobozi avuga ko serivisi...
View ArticleNyamasheke: Abaturage banenga serivisi bahabwa n’ikigo nderabuzima cya Muyange
Tweet Bamwe mu baturage baturiye ikigo nderabuzima cya Muyange mu murenge wa Nyabitekeri banenga bikomeye imikorere y’abakozi b’ibi bitaro , aho babashinja kurangarana abarwayi , kubasuzuma indwara...
View Article
More Pages to Explore .....